AGEZWEHO

  • Abakinnyi 11 b’intoranwa bakinanye na Jimmy Gatete – Soma inkuru...
  • Jimmy Gatete ari kwandika igitabo kivuga ku buzima bwe ‘butazwi’ – Soma inkuru...

U Rwanda rurateganya gutangira gutanga Indangamuntu ikomatanyije mu kwa 7

Yanditswe Jun, 14 2016 09:37 AM | 6,941 Views



Ikigo cy'igihugu gishinzwe indangamuntu n'iranga mimerere kiratangaza ko kudatunga indangamuntu nshya ikomatanyije hamwe n'ibindi byangombwa bitandukanye ari kwiyima amahirwe menshi akoresha ikoranabuhanga. Biteganijwe ko iyi ndangamuntu ikomatanije  izatangira gutangwa ukwezi gutaha kwa Nyakanga.

Gusa, ngo gukoresha iyindangamuntu ikomatanije ni amahitamo y'umuntu, ariko kandi ababishinzwe bemeza ko kutayitunga ari  ukwiyima amahirwe yo kugabanya imvune no gukoresha ikoranabuhanga rigezweho.

Bimwe mu byangombwa bizahuzwa n'iyi ndangamutu ikomatanije bigera kuri  7 harimo, indangamuntu ubwayo, uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga, Passport, Nomero ya RSSB, ubwishingizi, Tin Number ndetse n'abagize umuryango, umuntu uzayikenera akaba azajya atanga 15,000 frw.

Inkuru mu mashusho:

Inkuru ya 

Frank Mario Sebudandi/RTV




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo

RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano

Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko

Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw&r

Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamaha

Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zagabye ibitero ku byihebe mu Nta