Yanditswe May, 20 2019 10:00 AM | 1,754 Views
Minisitiri w'intebe Dr Edouard Ngirente yitabiriye inama ya 5 ku bufatanye mu kongera ubumenyi mu masomo y'ubumenyi n'ikoranabuhanga ku mugabane wa Afrika, inama iteraniye i Kigali kuva kuri uyu wa Mbere tariki 20 Gicurasi 2019.
Imibare igaragaza ko Afurika yo munsi y'ubutayu bwa
Sahara idafite abahanga benshi by'umwihariko Abafite impamyabumenyi z'ikirenga.
Nka kaminuza zifite abarimu bari kuri uru rwego muri Afurika yo munsi y'ubutayu bwa Sahara bari munsi ya 30% zo muri Afurika y'epfo, mu gihe nta kaminuza n'imwe ya Afrika yo munsi y'ubutayu bwa Sahara iri muri 500 za mbere ku Isi, ukuyemo izo muri Afurika y'epfo.
Abahanga bavuga ko ibihugu bya Afurika n'abikorera bakwiye gushora imari mu mashuri y'ikoranabuhanga n'ubumenyi ngiro kugirango bizibe icyi cyuho.
Raporo ya 2017 y’ishami rya LONI rishinzwe abaturage igaragaza ko mu mwaka wa 2050, abantu barenga 1/2 bari munsi y’imyaka 24 bahereye mu bihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara bazaba bashobora kujya ku ishuri.
Iki gice kikaba ari cyo bigaragara ko imibare y’abajya mu ishuri izaba izamuka mu gihe ahandi bizaba bimanuka.
Ababatabuhamya bagaragaje ko byabasabye kwishyura Nkunduwimye kugira ngo abahungishe muri Jenoside
26 minutes
Soma inkuru
Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha
May 07, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo
May 07, 2024
Soma inkuru
RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano
May 07, 2024
Soma inkuru
Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko
May 07, 2024
Soma inkuru
Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo
May 07, 2024
Soma inkuru
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda ...
May 06, 2024
Soma inkuru
Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamahanga kuba abakozi ba ...
May 06, 2024
Soma inkuru