AGEZWEHO

  • Ababatabuhamya bagaragaje ko byabasabye kwishyura Nkunduwimye kugira ngo abahungishe muri Jenoside – Soma inkuru...
  • Abakinnyi 11 b’intoranwa bakinanye na Jimmy Gatete – Soma inkuru...

Mu Rwanda hateraniye inama ku masomo y'ikoranabuhanga muri Afurika

Yanditswe May, 20 2019 10:00 AM | 1,754 Views



Minisitiri w'intebe Dr Edouard Ngirente yitabiriye inama ya 5 ku bufatanye mu kongera ubumenyi mu masomo y'ubumenyi n'ikoranabuhanga ku mugabane wa Afrika, inama iteraniye i Kigali kuva kuri uyu wa Mbere tariki 20 Gicurasi 2019.


Imibare igaragaza ko Afurika yo munsi y'ubutayu bwa Sahara idafite abahanga benshi by'umwihariko Abafite impamyabumenyi z'ikirenga.

Nka kaminuza zifite abarimu bari kuri uru rwego muri Afurika yo munsi y'ubutayu bwa Sahara bari munsi ya 30% zo muri Afurika y'epfo, mu gihe nta kaminuza n'imwe ya Afrika yo munsi y'ubutayu bwa Sahara iri muri 500 za mbere ku Isi, ukuyemo izo muri Afurika y'epfo.

Abahanga bavuga ko ibihugu bya Afurika n'abikorera bakwiye gushora imari mu mashuri y'ikoranabuhanga n'ubumenyi ngiro kugirango bizibe icyi cyuho.

Raporo ya 2017 y’ishami rya LONI rishinzwe abaturage igaragaza ko mu mwaka wa 2050, abantu barenga 1/2 bari munsi y’imyaka 24 bahereye mu bihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara bazaba bashobora kujya ku ishuri.


Iki gice kikaba ari cyo bigaragara ko imibare y’abajya mu ishuri izaba izamuka mu gihe ahandi bizaba bimanuka.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ababatabuhamya bagaragaje ko byabasabye kwishyura Nkunduwimye kugira ngo abahung

Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo

RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano

Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko

Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw&r

Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamaha