AGEZWEHO

  • Abakinnyi 11 b’intoranwa bakinanye na Jimmy Gatete – Soma inkuru...
  • Jimmy Gatete ari kwandika igitabo kivuga ku buzima bwe ‘butazwi’ – Soma inkuru...

Akajagari mu bavunja amafaranga kagenda kagabanuka nubwo hakigaragara inzitizi

Yanditswe Oct, 25 2017 19:15 PM | 4,143 Views



Bamwe mu bakora akazi ko kuvunja amadevise hano mu Rwanda baratangaza ko nyuma y'igihe bamaze bakora bibumbiye mu mashyirahamwe akajagari kagenda gacika mu mwuga wabo nubwo hakigaragara zimwe mu nzitizi zibangamira ako kazi.

Mu mabwiriza rusange agenga ibiro by'ivunjisha yo kuwa 22/02/17 mu ngingo yayo ya 6 ,umuntu wese wifuza gushinga ibiro by' ivunjisha mu Rwanda  ategetswe kugira  umubare w'amafaranga anganana miriyoni 50 z' igishoro harimo miriyoni 40 zo gutangiza akazi ndeste n' izindi 10 zo kugura ibikoresho byaho ibiro bizakorera ibyo bikajyana n' ibindi byangombwa bisanzwe bitangwa n'abandi bashoramari. 

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo

RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano

Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko

Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw&r

Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamaha

Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zagabye ibitero ku byihebe mu Nta