Yanditswe Mar, 26 2024 19:49 PM | 120,971 Views
Perezida Paul Kagame yakiriye abanyeshuri n’abarimu bigisha mu Ishuri ry’Ubucuruzi muri Kaminuza ya Stanford yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , bari mu Rwanda mu rugendo rugamije kureba iterambere ryarwo ndetse n’iry’imijyi idaheza mu Kinyejana cya 21.
Iri tsinda ririmo kwibanda ku iterambere ry’imijyi yo muri Afurika y’Iburasirazuba, bakaba baherekejwe na Benoît Monin, Umujyanama w’iri shami, akaba n’Umwarimu.
Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023
Apr 26, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwifatanyije n'isi mu munsi mpuzamahanga wo kurwanya Malariya
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Umubare w'abasoje amasomo muri UR muri 2023 ukubye inshuro hafi 3 uwayasoje mu myaka 30 mbere y ...
Mar 29, 2024
Soma inkuru