Yanditswe Feb, 20 2018 21:54 PM | 5,489 Views
Minisitiri w'intebe Dr. Edouard Ngirente aravuga ko gahunda mbonezamikurire y'umwana yashyizweho igamije guhangana n'ibibazo bikibangamira imirire myiza y'umwana. Ibi yabivuze ubwo yatangaga ibisobanuro mu magambo ku bibazo birebana na gahunda yo kurwanya imirire mibi mu Rwanda mu bana bari munsi y’imyaka itanu.
Bimwe mu
bibazo bigaragazwa n'abasenateri bituma hakigaragara imirire mibi muri aba bana
birimo kutamenya gutegura ifunguro ryuzuye, ibibazo by'umwanda, gahunda
zishyirwaho ariko ugasanga zitaramba cyangwa ntizishyirwe mu bikorwa uko bikwiye.
Ibi abasenateri basaba ko byanozwa.
Minisitiri
w'intebe, Dr. Edouard Ngirente yabwiye abasenateri ko gahunda zishyirwaho ziba
zateguwe neza, kandi zigenda zitanga umusaruro aho bwaki no kugwingira mu bana
bigenda bigabanuka. Yavuze ko ibibazo bigihari byafatiwe ingamba zirimo na
gahunda mbonezamikurire y'abana.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha
May 07, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo
May 07, 2024
Soma inkuru
RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano
May 07, 2024
Soma inkuru
Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko
May 07, 2024
Soma inkuru
Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo
May 07, 2024
Soma inkuru
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda ...
May 06, 2024
Soma inkuru
Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamahanga kuba abakozi ba ...
May 06, 2024
Soma inkuru
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zagabye ibitero ku byihebe mu Ntara ya Nampula
May 05, 2024
Soma inkuru