AGEZWEHO

  • Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha – Soma inkuru...
  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo – Soma inkuru...

Primature na IMF bagiranye ibiganiro ku buringanire n’ubwuzuzanye

Yanditswe Nov, 02 2017 19:10 PM | 3,829 Views



Umuyobozi w'ikigega mpuzamahanga cy'imari IMF ku mugabane wa Afrika Abebe SELASSIE arashima Leta y'u Rwanda kuri gahunda zayo zo kubungabunga agaciro k'ifaranga n'ubukungu muri rusange kugira ngo bukomeze kuzamuka. Ibi yabigaragaje ubwo yakirwaga na ministre w'intebe Dr Edourd Ngirente.

Ibiganiro hagati y’umuyobozi w’ikigega mpuzamahanga cy’imari IMF ku mugabane wa Afurika na Minisitiri w’intebe Dr. Edouard NGIRENTE, byibanze kuri gahunda zigamije kuzamura uruhare rw'uburinganire n'ubwuzuzanye hagati y'abagabo n'abagore mu kuzamura ubukungu bw'igihugu. 

Intumwa z’ikigega mpuzamahanga cy’imari IMF ziri mu Rwanda, aho ryanitabiriye inama yo ku rwego rw’umugabane wa Afurika yiga ku ruhare rw’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagore n’abagabo mu guteza imbere ubukungu.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo

RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano

Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko

Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw&r

Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamaha

Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zagabye ibitero ku byihebe mu Nta