AGEZWEHO

  • Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha – Soma inkuru...
  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo – Soma inkuru...

Perezida Kagame yifatanyije na Unity Club kwizihiza isabukuru y'imyaka 20 imaze

Yanditswe Nov, 05 2016 23:56 PM | 2,411 Views



Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 20 umuryango Unity Club umaze ushinzwe, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimiye uyu muryango kuba ku isonga mu kwimakaza ubumwe mu banyarwanda ashimangira ko ubwo bumwe ariyo nzira iganisha igihugu mu cyerekezo kizima.

Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame washinze akaba ari nawe uyobora umuryango Unity Club Intwararumuri ni umwe mu bakase iyo 'gateau' imbere y'imbaga y'abantu amagana bitabiriye ibi birori bari barimo n'Umukuru w'igihugu.

Mu ijambo yavugiye muri ibi birori byari byitabiriwe n'abanyamuryango ba Unity Club n'abandi bayobozi mu nzego zitandukanye.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko kubura ubumwe aribyo byagejeje igihugu  mu icuraburindi rya Jenoside yakorewe Abatutsi  kandi ashimangira ko abanyarwanda badakwiye kurangara ngo ubu bumwe bumaze kubakwa bube bwabaca mu myanya y'intoki.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo

RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano

Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko

Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw&r

Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamaha

Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zagabye ibitero ku byihebe mu Nta