Yanditswe Nov, 05 2016 23:56 PM | 2,411 Views
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 20 umuryango Unity Club umaze
ushinzwe, Perezida wa Repubulika Paul Kagame
yashimiye uyu muryango kuba ku isonga mu kwimakaza ubumwe mu banyarwanda
ashimangira ko ubwo bumwe ariyo nzira iganisha igihugu mu cyerekezo kizima.
Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame washinze akaba ari nawe
uyobora umuryango Unity Club Intwararumuri ni umwe mu bakase iyo 'gateau' imbere
y'imbaga y'abantu amagana bitabiriye ibi birori bari barimo n'Umukuru
w'igihugu.
Mu ijambo yavugiye muri ibi birori byari byitabiriwe n'abanyamuryango ba Unity Club n'abandi bayobozi mu nzego zitandukanye.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko kubura ubumwe aribyo byagejeje igihugu mu icuraburindi rya Jenoside yakorewe Abatutsi kandi ashimangira ko abanyarwanda badakwiye kurangara ngo ubu bumwe bumaze kubakwa bube bwabaca mu myanya y'intoki.
Inkuru mu mashusho:
Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha
4 hours
Soma inkuru
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo
5 hours
Soma inkuru
RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano
May 07, 2024
Soma inkuru
Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko
May 07, 2024
Soma inkuru
Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo
May 07, 2024
Soma inkuru
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda ...
May 06, 2024
Soma inkuru
Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamahanga kuba abakozi ba ...
May 06, 2024
Soma inkuru
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zagabye ibitero ku byihebe mu Ntara ya Nampula
May 05, 2024
Soma inkuru