AGEZWEHO

  • Umujyi wa Kigali ni wo wugarijwe: Ishusho ya ruswa mu myaka itanu ishize – Soma inkuru...
  • Ishyaka PDI ryiyemeje kuzashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w’Igihugu – Soma inkuru...

Minisitiri w'Intebe Edouard Ngirente yakiriye Perezida wa Athletisme muri Afurika

Yanditswe Jun, 12 2023 15:15 PM | 27,544 Views



Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yakiriye Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Imikino ngororamubiri muri Afurika Hamad Kalkaba Malboum. 

Uyu muyobozi w’impuzamashyirahamwe y’uyu mukino uzwi nka Athletisme ari mu Rwanda aho yari yitabiriye irushanwa mpuzamahanga ryitiriwe Amahoro rya Kigali International Peace Marathon ryabaye ejo hashize ku Cyumweru.

Ibiganiro hagati ya Minisitiri w’Intebe na Hamad Kalkaba Malboum bikaba byibanze ku bufatanye bw’impande zombi.

Ni ibiganiro byanitabiriwe na Minisitiri wa siporo Aurore Munyangaju Mimosa.


Menya uko Kigali International Peace Marathon yagenze.

Kanda hano usome Inkuru irambuye.


Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ubwo yakiraga Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Imikino ngororamubiri muri Afurika Hamad Kalkaba Malboum. Photo: RBA

Minisitiri wa siporo Aurore Munyangaju Mimosa nawe yitabiriye ibi biganiro. Photo: RBA

Ibiganiro hagati ya Minisitiri w’Intebe na Hamad Kalkaba Malboum bikaba byibanze ku bufatanye bw’impande zombi. Photo: RBA

Divin Uwayo



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ishyaka PDI ryiyemeje kuzashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w&rsq

Zimwe mu mpinduka zagaragaye muri Kaminuza mu myaka 30 ishize

Abanya-Kigali bishimiye kongera gukomorerwa kubaka

Hakiriwe dosiye 4698 z'abaregwa gukoresha nabi umutungo wa Leta mu myaka 5

Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023

Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gup

U Rwanda rurishimira ibyagezweho mu kurwanya Malariya

Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze