Yanditswe Jul, 27 2016 08:59 AM | 1,290 Views
Bamwe mu baguzi bo mu mujyi wa Kigali baravuga ko bahangayikishijwe n'ibihano bigiye kujya bibafatirwa mu gihe baguze ibicuruzwa n'abazunguzayi.Ni mu gihe abacuruza ku dutaro bazwi nk'abazunguzayi nabo bavuga ko bamwe babuze imyanya mu masoko. Ubuyobozi bw'umujyi wa Kigali buvuga ko imyanya igera ku bihumbi 4 ihari aho abamaze kuyijyamo bagera ku bihumbi bitatu.
Inkuru yose mu mashusho:
MINECOFIN yatangaje ko harimo gusuzumwa uburyo bwo guhindura politiki yo kubaka inzu ziciriritse
1 hour
Soma inkuru
Kuki Leta itarashe ku ntego yo gutuza abaturage ku Mudugudu muri iyi myaka 7?
1 hour
Soma inkuru
Abatangabuhamya bagaragaje ko byabasabye kwishyura Nkunduwimye kugira ngo abahungishe muri Jenoside
2 hours
Soma inkuru
Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha
May 07, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo
May 07, 2024
Soma inkuru
RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano
May 07, 2024
Soma inkuru
Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko
May 07, 2024
Soma inkuru
Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo
May 07, 2024
Soma inkuru