AGEZWEHO

  • Jimmy Gatete yahishuye abahanzi yiyumvamo n’umuziki umunyura – Soma inkuru...
  • MINECOFIN yatangaje ko harimo gusuzumwa uburyo bwo guhindura politiki yo kubaka inzu ziciriritse – Soma inkuru...

Kigali: Icyo bavuga ku itegeko rihana abagurira ku mihanda

Yanditswe Jul, 27 2016 08:59 AM | 1,290 Views



Bamwe mu baguzi bo mu mujyi wa Kigali baravuga ko bahangayikishijwe n'ibihano bigiye kujya bibafatirwa mu gihe baguze ibicuruzwa n'abazunguzayi.Ni mu gihe abacuruza ku dutaro bazwi nk'abazunguzayi nabo bavuga ko bamwe babuze imyanya mu masoko. Ubuyobozi bw'umujyi wa Kigali buvuga ko imyanya igera ku bihumbi 4 ihari aho abamaze kuyijyamo bagera ku bihumbi bitatu.

Inkuru yose mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

MINECOFIN yatangaje ko harimo gusuzumwa uburyo bwo guhindura politiki yo kubaka

Kuki Leta itarashe ku ntego yo gutuza abaturage ku Mudugudu muri iyi myaka 7?

Abatangabuhamya bagaragaje ko byabasabye kwishyura Nkunduwimye kugira ngo abahun

Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo

RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano

Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko

Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo