Yanditswe Nov, 07 2016 15:24 PM | 1,826 Views
Ingabo za batayo ya 47 ziri mu butumwa bw'amahoro bwa Loni i Darfur, muri Sudan zujuje ibyumba by'amashuli 3 zashyikirije Leta mu mpera z'icyumweru dusoje, ahitwa El Fasher.
Kubaka ibi byumba by'ishuli ry'abakobwa ndetse n'ibiro by'abazariyobora, byatekerejwe na UNAMID Christian Fellowship biyemeje gukorana n'ingabo z'u Rwanda za batayo ya 47, kubera ko zimenyereye ibikorwa nk'ibi byo gufasha abaturage.
Prof. YOUSUF ISAAC AHMAD, umunyamabanga wa Leta ushinzwe uburezi mu ntara ya Darfur wayoboye uyu muhango wo kwakira aya mashuli, yashimye izi ngabo ku bw'aka kazi zifatanya no kubungabunga amahoro. Yibutsa ko ibi byumba 3 n'ibiro byuzuye bisanga ibindi 2 byubatswe mbere umwaka ushize n'ingabo za batayo ya 44 na yo y'u Rwanda.
Uyu muhango witabiriwe n'abayobozi bo mu nzego zo hejuru bo muri guverinoma, abahagarariye ubutumwa bwa UNAMID, ingabo ziburimo ndetse n'abaturage.
U Rwanda rwifatanyije n'isi mu munsi mpuzamahanga wo kurwanya Malariya
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru