Yanditswe Mar, 20 2017 12:19 PM | 2,485 Views
Abadepite bagize komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu
nteko ishinga amategeko ya Uganda bari mu Rwanda, kuri uyu wa mbere bakaba
bagiranye ibiganiro na komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi y'inteko ishinga
amategeko y'u Rwanda. Aba badepite kandi bagiranye ibiganiro na perezida w'inteko ishinga amategeko umutwe
w'abadepite Hon. Mukabalisa Donathile.
Umunyamabanga wa Leta muri ministeri y'ubutegetsi bw'igihugu ushinzwe imibereho y'abaturage, kuri uyu wa mbere yagiranye ibiganiro na komisiyo y'imibereho myiza y'abaturage mu nteko ishinga amategeko.
Yayitangarije ko Leta y'u Rwanda igiye gushyiraho Ikigo cy'igihugu cy'ingororamuco. Umushinga w'itegeko rishyiraho iki kigo urimo gusuzumwa na Komisiyo y'imibereho myiza mu mutwe w'abadepite.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'ubutegetsi bw'igihugu Alvera Mukabaramba yavuze ko iki kigo kizahuza imikorere y'ibigo ngororamuco kikanoza imikorere yabyo. Uyu muyobozi avuga ko hariho icyuho kuko urwego runaka ari rwo rwikurikiraniraga ikigo ngororamuco ku batandukiriye indangagaciro z'umuco nyarwanda.
U Rwanda rwifatanyije n'isi mu munsi mpuzamahanga wo kurwanya Malariya
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru