Yanditswe May, 26 2019 16:43 PM | 5,552 Views
Dr Gahima Manasseh yimitswe nk’umwepisikopi mushya mu itorero ry'Abangilikani mu Rwanda, Diyoseze ya Gahini; kuri iki Cyumweru tariki 26 Gicurasi 2019.
Musenyeri mushya wa Diyoseze ya Gahini Dr Gahima Manasseh w'imyaka 49 asimbuye Bishop Alexis BIRINDABAGABO wari umaze imyaka 22 ayobora iyi Diyoseze.
Dr Gahima avuga ko roho nzima itura mu mubiri muzima, kuba ahawe izi nshingano azibanda ku ivuga butumwa ariko rigamije kuzamura no kwita ku mibereho myiza y'abaturage n'iterambere ry'igihugu muri rusange.
Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu Prof Shyaka Anastase ashima uruhare rw'imiryango ishingiye ku myemerere mu Rwanda, igira mu guteza imbere abaturage n'igihugu muri rusange by'umwihariko itorero Angilikani mu Rwanda.
Itorero Angilikani mu Rwanda rifite abakiristo basaga miliyoni. Diyoseze ya Gahini iri mu Karere ka Kayonza igizwe na paroisse 49.
Musenyeri Dr Gahima asimbuye Bishop BIRINDABAGABO we ugiye mu kiruhuko cy'izabukuru.
Rusizi: Ababyeyi b'Intwaza bashimye Igihugu cyabahurije hamwe ntibakomeza guheranwa n'agah ...
3 hours
Soma inkuru
Madamu Jeannette Kagame yagarutse ku mahitamo Abanyarwanda bafashe yo kongera kunga ubumwe
4 hours
Soma inkuru
MINECOFIN yatangaje ko harimo gusuzumwa uburyo bwo guhindura politiki yo kubaka inzu ziciriritse
May 08, 2024
Soma inkuru
Kuki Leta itarashe ku ntego yo gutuza abaturage ku Mudugudu muri iyi myaka 7?
May 08, 2024
Soma inkuru
Abatangabuhamya bagaragaje ko byabasabye kwishyura Nkunduwimye kugira ngo abahungishe muri Jenoside
May 08, 2024
Soma inkuru
Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha
May 07, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo
May 07, 2024
Soma inkuru
RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano
May 07, 2024
Soma inkuru