AGEZWEHO

  • Umujyi wa Kigali ni wo wugarijwe: Ishusho ya ruswa mu myaka itanu ishize – Soma inkuru...
  • Ishyaka PDI ryiyemeje kuzashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w’Igihugu – Soma inkuru...

Abatuye Umujyi wa Kigali barishimira uko basoje umwaka

Yanditswe Dec, 31 2023 16:05 PM | 5,329 Views




Abatuye umujyi wa Kigali bishimira ko basoje umwaka wa 2023 hari byinshi bagezeho birimo n'iterambere mu miryango, iki akaba ari igihe cyo kuganira ku byo bateganya n'ingamba z'uburyo bazabigeraho.

Ku masoko yo hirya no hino mu Mujyi wa Kigali urujya n'uruza rw'abaturage bahahaga ibyo bifashisha ku munsi mukuru w'Ubunani.

Bishimira ko basoje umwaka wa 2023 ibiciro ku masoko byaragabanutse.

Ngo iki ni igihe cyo kwishimira ibyo bagezeho mu miryango ari nako bapanga gahunda z'umwaka wa 2024.

Abacuruzi bagabanyije ibiciro kuri bimwe mu bicuruzwa mu rwego rwo kureshya abakiriya.

Mu Mujyi wa Kigali hagiye hashyirwaho ahantu nyaburanga abaturage bidagadurira bakanahafatira amafunguro y'ubwoko butandukanye muri ibi bihe by'iminsi mikuru.

Muri ibi byishimo by'iminsi mikuru abaturage basabwa kwinezeza ariko badasesagura kandi bakirinda kunywa ibisindisha birenze urugero muri gahunda ya Tunywe Less.


Jean Paul TURATSINZE




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage