AGEZWEHO

  • Umujyi wa Kigali ni wo wugarijwe: Ishusho ya ruswa mu myaka itanu ishize – Soma inkuru...
  • Ishyaka PDI ryiyemeje kuzashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w’Igihugu – Soma inkuru...

Abanyamahanga bitabiriye amarushanwa ya FEASSA bashimye isuku basanze mu Mujyi wa Huye

Yanditswe Aug, 19 2023 19:20 PM | 138,923 Views



Abanyamahanga bitabiriye amarushanwa ahuza amashuri abanzan’ay’isumbuye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba bashimye isuku basanze mu Mujyi wa Huye ndetse n’izindi gahunda za Leta y’u Rwanda zigamije kubungabunga ibidukikije. 

Abitabiriye FEASSA mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu bakoze umuganda wo gusukura Umujyi wa Huye.

Abanyeshuri ndetse n’ababaherekeje bitabiriye amarushanwa ya FEASSSA babyukiye mu bikorwa by’umuganda aho batoraguraga imyanda.

Perezida wa FEASSA  2023,  Justus Mugisha nawe yavuze ko n’ubwo baramukiye mu muganda wo gusukura Umujyi wa Huye ko hari hari isuku, binagaragazwa n’uko byabasabaga kugenda hanini kugira ngo babone umwanda batoragura.

Akimana   Latifat



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage