Yanditswe Mar, 10 2024 16:42 PM | 31,661 Views
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yasabye ko abafite ubutaka buhingwa kubukoresha bwose muri iki gihembwe cy'ihinga kuko abatazabikora bazahanwa.
Gahunda yo gushikariza abahinzi guhinga ubutaka bwose bwagenewe guhingwa yatangiye mu gihembwe cyashize kandi abaturage bagaragaza ko yatanze umusaruro.
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, agaragaza ko gahunda yo gushishikariza abaturage guhinga ubutaka bwose hari ababishyizemo imbaraga nke kandi aho byakozwe neza byaratanze umusaruro.
Avuga ko muri iki gihembwe cy’ihinga cya 2024 B, ubutaka bwose bugomba guhingwa n’ubwasigaye mu gihembwe gishize hakamenyekana impamvu.
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi igaragaza ko mu gihembwe cy’ihinga cya 2024 A, hahinzwe ubutaka bungana na hegitari ibihumbi 12 butahingwaga.
Intego ni uko nibura haboneka hegitari ibihumbi 20 hakiyongeraho n’ubwo mu Ntara y’Iburasirazuba, aho igice kinini cyakorerwagaho ubworozi.
Turatsinze Jean Paul
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru