AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Uruganda rutunganya ibirayi rwa Nyabihu rwatashywe

Yanditswe Mar, 09 2016 11:04 AM | 3,002 Views



Abahinzi b’ibirayi mu karere ka Nyabihu barishimira uruganda rw’ibirayi bahawe ku mugaragaro ngo kuko rugiye gutuma umusaruro wabo urushaho kugira agaciro. Ibi birashimangirwa kandi na Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ivuga ko iki ari igikorwa kiri muri gahunda yiswe Uruganda Iwacu aho umusaruro w’abaturage ugomba guhabwa agaciro kugira ngo ubagirire akamaro. 

Uru ruganda rwatwaye akayabo ka miliyoni 780 z'amafaranga y'u Rwanda rwitezweho gutunganya ibiro 500 by'ibirayi ku isaha. Tubafitiye inkuru irambuye mu mashusho. 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage