Yanditswe Aug, 18 2016 11:42 AM | 4,608 Views
Umusore witwa Jean
TWAGIRIMANA ufite ubumuga bw’amaboko, akaba yandikisha amano kuri ubu arangije
icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n'uburezi. Kuba amano yarasimbuye
amaboko mu kumufasha gukora imirimo itandukanye, uyu musore avuga ko bagihura
n’imbogamizi zo kutagirirwa icyizere ku isoko ry'umurimo kuko hari byinshi biba
bitabateganirijwe.
TWAGIRIMANA avuga ko kugeza
ubu nta kato yari yahura nako agasanga ikibazo nyamukuru kubangamiye abafite
ubumuga, gishingiye ku bikoresho bidapfa kuboneka cg se byaboneka bikaba
bihenze. Ibi bikaba bigira ingaruka ku myigire yabo aho imibare ya Kaminuza y'u
Rwanda yerekana ko yakiriye mu mwaka ushize abanyeshuri bafite ubumuga
babarirwaga muri 426.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru
Mbelimana Emmanuel
Mwiriwe! Uyu musore arashoboye. Abantu bafite ubumuga iyo bahawe ubufasha bakeneye bakitabwaho cyane cyane bakiri bato na bo babasha gukora imirimo yose nk'iyo abadafite ubumuga bakora. Uyu Twagirimana Jean, wandikisha amano, ushoje icyiciro cya gatatu cya kaminuza (Masters) muri Special Needs Education afite ubumenyi buhagije mu gutanga imbaraga ze mu kubaka igihugu cyane cyane mu bijyanye n'uburezi budaheza kuko arabihugukiwe cyane. "Ubumuga si ubushobozi buke. (Disability is not inability)" Aug 18, 2016
Mbelimana Emmanuel
Akwiye akazi Aug 19, 2016