AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Umuganura2016: Abanyarwanda bibukijwe guhiga kwongera umusaruro

Yanditswe Aug, 06 2016 13:58 PM | 1,660 Views



Abanyarwanda barasabwa ko umunsi w’umuganura wababera umunsi w’imihigo no guhamya ingamba zigamije kongera umusaruro bagashyigikira iterambere rishingiye k’umuco wabo. Ibi babisabwe na minisitiri w’umuco na siporo UWACU Julienne wari umushyitsi mukuru mu muhango wo kwizihiza umuganura ku rwego rw’igihugu wabereye inyanza mu ntara y’amajyepfo

Minisitiri UWACU Julienne  yasabye abanyarwanda ko umunsi w’umuganura wababera umunsi w’imihigo no guhamya ingamba zigamije kongera umusaruro bagashyigikira iterambere rishingiye k’umuco wabo, "Imbuto yaba izijya mubuhinzi, abafite inganda bafite ibyo batunganya, abatanga services nabakora indi mirimo uyu munsi wumuganura nutubere umunsi w’imihigo duhore iteka duharanira kuyesakandi tuzirikane ko ubumwe ubufatanye aribyo bizadufasha kugera kuri uwo musaruro"

Ibirori byo kwizihiza umunsi mukuru w’umuganura ku rwego rw’igihugu byaranzwe no guhemba abantu babaye indashyikirwa mu kongera umusaruro muri uyu mwaka mu mirimo bakora itandukanye. Uyu munsi mukuru wabanjirijwe nigitaramo INYANZA TWATARAMYE ndetse no gusoza iserukeramuco nyakufurika FESPAD.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage