AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

UMUNYESHULI Ugenda urugendo rw'ibirometero 10 kugira ngo agere ku ishuri.

Yanditswe Feb, 22 2019 12:31 PM | 13,773 Views



Hari abanyeshuli biga mu mashuli y'uburezi bw'ibanze bw'imyaka 12 bagikora urugendo rw'ibirometero 10, bagakoresha amasaha arenga 2 kugira ngo bagere aho biga. Minisiteri y'Uburezi ivuga ko ikeneye nibura ibyumba 2,000 bizatwara amafaranga y'u Rwanda arenga miliyari 12 kugira ngo ikibazo gikemuke mu gihugu hose.

 Ni Inkuru ya Bosco Kwizera.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage