AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

U Rwanda rwatangiye gahunda yo gutanga viza ku banyamahanga bakigera mu gihugu

Yanditswe Jan, 01 2018 19:33 PM | 5,448 Views



Guhera Tariki ya 1 Mutarama 2018 u Rwanda rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo gutanga viza ku banyamahanga bageze ku mupaka bitabasabye kubanza kuyisaba mbere bakiri iwabo. 

Umunyamabanga wa Leta muri ministeri y'ububanyi n'amahanga Olivier Nduhungirehe avuga ko ibi bivuze ko u Rwanda rwafunguriye amarembo abantu bose harimo n'abashoramari. Iki kikaba n'ikimenyetso cy'umubano mwiza rufitanye n'ibindi bihugu, kandi akizeza ko nta kibazo cy'umutekano muke iki cyemezo kizateza nubwo hitezwe ko abazaza mu Rwanda baziyongera kurusha uko byari bisanzwe.

Ikiganiro mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage