AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Siporo ikwiye kuba umuco-Guverineri Kayitesi

Yanditswe Mar, 22 2022 19:26 PM | 30,718 Views



Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice aravuga ko iyi Ntara itasigaye inyuma muri gahunda ya Siporo rusange, atangaza ko buri wese akwiye kwitabira iki gikorwa kuko itera ubuzima bwiza.

Avuga ko buri kwezi, abatuye iyi Ntara basigaye bakora siporo kabiri mu kwezi.

Yagize ati "Abatuye iyi ntara ntabwo basigaye inyuma muri gahunda ya siporo rusange kuko ikorwa mu ntara yose mu Turere 8,  ndetse n’abaturage basigaye bayitabira kandi bayibutsa, Siporo ikwiye kuba umuco kuko burya umuntu ku giti cye gukora ntabwo inshuro 2 zihagije.”

Avuga ko iyi siporo ifasha abayitabiriye guhabwa ubutumwa bwo kwirinda indwara zitandura no kubapima, ndetse n’utarafashe urukingo rwa Covid19 akaruhabwa.

Yatangaje ko ubu abantu basigaye baterana imbaraga bagakora siporo, bakaba bifuza ko hakongerwa ibikorwa remezo bifasha abakora siporo.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage