AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

U Rwanda rwegukanye ibihembo bitanu mu nama yiga ku buhinzi n'bucuruzi bw’icyayi

Yanditswe Jun, 27 2019 21:04 PM | 6,200 Views



Inganda z’icyayi zo mu Rwanda zegukanye ibihembo bitanu mu nama yiga ku buhinzi n'ubucuruzi bw'icyayi iri kubera i Kampala muri Uganda. 

Iyi nama  nyafurika ya kane ku iterembere ry'ubuhinzi n'ubucuruzi bw'icyayi  yateguwe n’Ishyirahamwe ry’abacuruzi b’icyayi bo muri Afurika y’Iburasirazuba, ikaba yaranitabiriwe  na bamwe mu baturutse mu bindi bihugu bya Afurika.

Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi y'u Rwanda ivuga ko izo nganda zegekunye ibyo bihembo ari Rwanda Mountain tea yabaye iya mbere, Kitabi BP1, Nyabihu PF1, Gisovu PD na Kitabi D.

Ubwiza bw’icyayi cy’izi nganda bwigaragaje  mu marushanwa yo muri Afurika y’Iburasirazuba, aho izi nganda zahize izindi zari zihanganye.

Kuri uyu wa Gatatu  iyi nama ikaba yarafunguwe ku mugaragaro na Minisitiri w’Intebe wa Uganda Ruhakana Rugunda. Ikaba isozwa kuri wa Gatanu. 

Icyayi cy’u Rwanda giheruka gucuruzwa mu imurika i Nairobi muri Kenya gihiga ibindi hirya no hino aho ikilo kimwe cyaguze amadorari 5 ya Amerika.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage