AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Rubavu bitabiriye korora inkoko ku bwinshi ariko babangamiwe no kutagira isoko

Yanditswe Oct, 04 2017 17:40 PM | 9,133 Views



Bamwe mu borozi b’inkoko mu karere ka Rubavu, bavuga ko korora inkoko mu buryo bwa kijyambere byababyariye inyungu ndetse binatanga akazi kubaturanyi babo. Gusa kimwe mubibazo ubu byugarije abo borozi ni ukubona isoko ry’umusaruro wabo cyane ko aho bawugemuraga ku bwinshi  ari mugihugu cy’abaturanyi cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo ariko muri icyo gihugu bakaza kwanga ko inkoko n’ibizikomokaho byakongera kwinjira mugihugu cyabo igihe hari hatangiye kuvugwa indwara yari y’ibasiye ibiguruka.

Inkuru yose mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage