Yanditswe Mar, 04 2018 21:55 PM | 7,507 Views
Amazu 26 yo mu mirenge ya Nyundo, Rugerero na Kanama mu karere ka Rubavu niyo yasenywe n’ibiza by’amazi y’imvura yaguye ku mugoroba wo ku munsi w‘ejo kuwa gatandatu yuzuza umugezi wa Sebeya utembera mu mazu y’abaturage, andi mazu arenga 900 akaba yasigaye mu manegeka kuko amwe muriyo nayo abura gato ngo asenyuke.
Ubu abaturage bamwe bahuye n’ibi biza bacumbikiwe n’abaturanyi babo, Icyakora guverineri w’intara y’iburengerazuba
Munyantwari Alfonse yavuzeko kuwa mbere aribwo bari butangire guha ubufasha bw’ibanze aba baturage bagizweho ingaruka mbi nibi biza.
Umugezi wa Sebeya wasize usenye inzu 26, izindi nzu 920 zisigara ku manegeka kuko amazi yayangije ku buryo bukomeye nayo akaba yenda gusenyuka, ndetse isenya n’ubwiherero 356, yangiza na bimwe mu bikoresho byo mu kigo cy’amashuri cy’igisha ubugeni cya Ecole d’Art de Nyundo.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru