AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

RWANDAIR ITANGIJE INGENDO ZIHUZA KIGALI NA TEL AVIV

Yanditswe Jun, 25 2019 16:44 PM | 10,332 Views



Abanyafurika batandukanye bakunze gutemberera mu gihugu cya Israel barishimira ko Rwandair igiye kubaruhura imvune bagiraga kubera gutinda mu nzira. Ibi babitangaje nyuma yuko kuri uyu wa kabiri Rwandair itangije ingendo zihuza Kigali na Tel Aviv. 

Ku isaha ya sa saba z'ijoro kuri uyu wa kabiri nibwo indege ya Rwandair yahagurutse ku kibuga mpuzamahanga cya Kigali yerekeza I TelAviv muri Israel.ku basanzwe bakora ingendo muri Israel ngo uru rugendo rugiye kubaruhura imvune bahuraga nazo.  



Kuri Ron Adam ambasaderi wa Israel mu Rwanda avuga ko izi ngendo zigiye kwagura umubano w'ibihugu byombi.


Umuyobozi mukuru wa Rwandair Yvonne Manzi Makolo na we asanga icyi cyerekezo gishya Ari inyungu ikomeye ku Rwanda na Israel. 

Icyi cyerekezo gishya cya Rwandair kibaye icya 29 ku isi. Rwandair ikazajya yerekeza I Tel Aviv inshuro eshatu mu cyumweru.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage