AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...
  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...

Perezida Kagame yavuze ko byabaye mu Rwanda nta gishobora gutuma bisubira

Yanditswe Apr, 07 2019 15:21 PM | 5,251 Views



Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yashimangiye ko nta gishobora gutuma ibyabaye mu Rwanda, abantu bakicana byongera kuba ukundi; yabivuze mu gutangiza kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi.


Ni ijambo yavugiye kuri Kigali Convention Centre, nyuma yo gucana urumuri rw’icyizere ku rwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi; kuri iki Cyumweru tariki 7 Mata 2019.


Ni umuhango witabiriwe n’abanyacyubahiro banyuranye barimo abakuru b’ibihugu na za Guverinoma baturutse mu bihugu bya Chad, Congo Brazzaville, Djibouti, Niger, Belgium, Canada, Ethiopia, Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Umuryango wa European Union n’abandi.


Inkuru ya Richard Irakoze



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage