AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye batanu bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda

Yanditswe May, 09 2016 18:32 PM | 6,204 Views



Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa mbere yakiriye mu biro bye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda batanu bari bamuzaniye inzandiko zibemerera guhagararira ibyo bihugu.

Ku ikubitiro,uwashyikirije Umukuru w'igihugu urwandiko rumwemerera guhagararira igihugu cye mu Rwanda ni Bwana Taoufik HNANA uhagarariye Tunisia akaba afite ikicaro i Kinshasa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Bwana HNANA yavuze ko mu gihe cyose azaba ahagarariye igihugu cye mu Rwanda, azaharanira guteza imbere  umubano usanzwe hagati ya Tuniziya n'u Rwanda...

Komeza inkuru yose:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage