AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’intumwa ziturutse muri DR Congo

Yanditswe Nov, 07 2020 21:47 PM | 63,047 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu yakiriye itsinda ry’intumwa ziturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zari zizanye ubutumwa bwa mugenzi we Perezida Félix Tshisekedi bujyanye n’ishusho y’umubano w’ibihugu byombi.

Urukuta rwa Twitter rw’umukuru w’igihugu rwatangaje ko Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’iri tsinda ku cyarushaho kunoza uyu mubano.

Iri tsinda kandi ryagaragarije Perezida Kagame uko umwuka wa politiki muri RDC n’amavugururwa akomeje gukorwa na Perezida Tshisekedi. Perezida Paul Kagame yahaye ubutumwa iri tsinda bwo gushyigikira mugenzi we mu bijyenye n’impinduka akomeje gukora zigamije kugarura amahoro n’ituze muri RDC.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage