AGEZWEHO

  • Ishyaka PDI ryiyemeje kuzashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w’Igihugu – Soma inkuru...
  • Perezida Kagame yerekanye ingaruka za politiki yo kugabanya Isi mo ibice – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye intumwa za BPN Rwanda

Yanditswe May, 12 2022 21:01 PM | 110,472 Views



Kuri uyu wa Kane, Perezida Kagame yakiriye abahagarariye ikigo cya BPN Rwanda bizihiza imyaka 10. Iki kigo cyafashije ba rwiyemezamirimo hafi 300 mu nganda zirenga 20 mu rwego rwo kugira uruhare mu guhanga imirimo. 

Business Professionals Network (BPN) ni ikigo gikomoka mu Busuwisi kidaharanira inyungu cyatangijwe na  Jürg Opprecht mu mwaka wa 1999.

Iki kigo cyatangiye gukorera mu Rwanda guhera muri 2011, gitera inkunga ibigo biciriritse n’ibiringaniye bigaragaza ubushobozi bwo kuba byatera imbere. 

Intego yacyo ni ugutuma abantu mu Rwanda babona imirimo nyongera gaciro ku buryo burambye, gutyo n’ubukungu bukiyongera, bikarwanya ubukene. 

Kugeza ubu BPN ikorera mu bihugu bya Kirigiziya, Nicaragua, Rwanda, Mongoliya na Georigiya.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage