AGEZWEHO

  • Nyakinama: Hagiye gutangwa Impamyabumenye ku bofisiye bakuru 48 baharangije – Soma inkuru...
  • General James Kabarebe yasuye Ingabo z'u Rwanda ziri muri Centrafrique – Soma inkuru...

Perezida Kagame yabonanye n'abayobozi bakuru b'intara ya Rhénanie-Palatinat

Yanditswe Oct, 27 2022 16:09 PM | 98,300 Views



Kuri uyu wa Kane, Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi w'Intara ya Rhénanie-Palatinat Malu Dreyer na Perezida w'Inteko Ishinga Amategeko w'iyi ntara. 

Bombi bari mu Rwanda mu rwego rwo kwizihiza imyaka 40 y'ubufatanye hagati y'u Rwanda n'iyi ntara yo mu Budage. 

Ibiro by'Umukuru w'Igihugu, Urugwiro Village bitangaza ko baganiriye ku musaruro wavuye mu bufatanye mu nzego zinyuranye zirimo uburezi n'ubuzima. Banakomoje ku mikoranire mishya mu nzego zinyuranye zirimo siporo ndetse n'ingufu. 

Binyuze muri ubu bufatanye hirya no hino mu turere tw’u Rwanda hakozwe imishinga ifite uruhare mu guhindura imibereho y’abaturage haba mu rwego rw’ubuzima,uburezi n’ibindi.Intumwa 36 ziturutse uri ntara ya Rhenanie Palanitat zafashe umwanya wo gusura imwe muri iyi mishinga.

Nko mu Karere ka Ruhango basuye ikigo Saint François d'Assise cyita ku bana bafite ubumuga bw’ingingo na ho mu Karere ka Ngororero basura ishuri rya Nyange rifite amateka yo kuba bamwe ba ryigagagamo baragizwe intwari nyuma yo kwanga kwitandukanya hashingiwe ku moko ubwo babisabwaga n’abacengezi babagabyeho igitero

Ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 40 y’umubano w’u Rwanda n’intara ya Rhnanie Palatinat mu Budage,umuyobozi w’iyi ntara yishimiye ko kuyizihiza bihuriraye n’itangizwa ry’umushinga w’uruganda rukora inkingo abazawushyira mu bikorwa bakaba bakomoka muri iyi ntara.






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Kubura abashoramari banini byadindije umushinga wa Gira Iwawe - BRD

Rusizi: Kuba drone zitahagera bidindiza serivisi z'ubuzima n'ubworozi

Musanze: Abaturage 26 borojwe inka n'Itorero ADEPR - Amafoto

Abasenateri batangiye gusura uturere bareba uko abaturage bakemurirwa ibibazo

Abayobozi batandukanye barimo gusura uruganda rutunganya amazi rwa Nzove

Imyaka isaga 4 irashize isoko mpuzamipaka rya Cyanika ridakorerwamo

Ubuhamya bw’ababaye kwa Gisimba uherutse kwitaba Imana

Abatuye muri Kigali basabye ko hakwihutishwa imirimo yo kwagura uruganda rw&rsqu