AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Perezida Kagame ari muri Angola

Yanditswe Mar, 20 2019 14:28 PM | 1,149 Views



Perezida wa republika Paul Kagame ari i Luanda muri Angola, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi 2. Kuri uyu munsi wa 1 w’uru ruzinduko, perezida Kagame aragirana ibiganiro na mugenzi we wa Angola João Lourenço, biza gukurikirwa no kwakira ku meza perezida Kagame.

Uru ruzinduko ruri mu rwego rwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi bisanzwe bifitanye ubutwererane n’ubufatanye mu birebana n’ingendo zo mu ndege, umutekano, ubutabera, abinjira n’abasohoka, ikoranabuhanga mu itumanaho n’isakazabumenyi, ICT ndetse no mu miyoborere.

Ku munsi wa 2 w’uru ruzinduko abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Angola biteganyijwe ko bazaganira n’itangazamakuru.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage