AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...
  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...

Perezida Kagame: Kuvugurura imiterere y’imyenda bikwiriye kujyana n’imibereho y’abaturage b'ibihugu bikennye

Yanditswe Mar, 30 2021 07:51 AM | 105,677 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame yatanze ubutumwa mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye isuzuma imiterere no kwishyura imyenda mpuzamahanga.

Ni inama yarimo Minisitiri w’intebe wa Canada, Justin Trudeau, Minisitiri w’Intebe wa Jamaica, n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres.

Perezida Kagame yavuze kuba ibihugu 20 bikize ku isi byarasubitse kwishyuza imyenda ibikennye bibibereyemo, kuvugurura imiterere y’imyenda mpuzamahanga bikwiriye kujyana n’imibereho y’abaturage b’ibihugu bifite iyo myenda.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage