AGEZWEHO

  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...
  • Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside – Soma inkuru...

Nyamasheke: Abazi aho imibiri y’abazize jenoside yajugunywe bakomeje kuryumaho

Yanditswe May, 02 2017 16:12 PM | 2,940 Views



Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 bo mu murenge wa Shangi Akarere ka Nyamasheke baravuga ko bababajwe n’abantu badashaka gutanga amakuru y’aho imibiri y’ababo bazize jenoside yakorewe abatutsi yagiye ijugunywa kuko kugeza ubu hirya no hino muri uyu murenge hagenda havumburwa indi mibiri yagombye kuba yarashyinguwe mu cyubahiro muri iyi myaka 23 yose ishize jenoside yakorewe abatutsi ihagaritswe. Senateri Appolinaire Mushinzimana ubwo yifatanyaga n’abatuye uyu murenge mu kwibuka inzirakarengane zazize genocide zawuguyemo yavuze ko uku guceceka ari ikimenyetso cy’ingengabitekerezo ya jenoside abantu bakwiye guhagurukira kurwanya.

Inkuru yose mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023

Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gup

U Rwanda rurishimira ibyagezweho mu kurwanya Malariya

Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza