AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Ngoma-Bugesera: Abaturage babangamiwe no kuba ikiraro cya Kanyonyomba kimaze amezi 5 cyaracitse

Yanditswe Oct, 04 2020 09:53 AM | 70,445 Views



Abakoresha umuhanda uhuza Akarere ka Bugesera na Ngoma bavuga ko babangamiwe bikomeye no kuba ikiraro cya Kanyonyomba kimaze amezi atanu cyaracitse. Bavuga ko ubuhahirane bwakomwe mu nkokora mu buryo bugaragara, aho kugira ngo umuntu abashe kwambuka bimusaba amafaranga menshi.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera buravuga ko iki kiraro cya Kanyonyomba kiri mu mushinga mugari wo kubaka umuhanda Ngoma, Bugesera, Nyanza, aho kizakorwa mu buryo bugezweho.

Ubuyobozi bwa RTDA buvuga ko mu mezi icyenda iki kiraro kizaba cyamaze kubakwa. Gusa ngo mu gihe kitaramara kubakwa, ngo hari kubakwa akararo gato abanyamaguru bakwifashisha bambuka.

Inkuru irambuye mu mashusho.

MBABAZI Dororthy



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage