AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Minisitiri w'Intebe Dr. Ngirente ari mu Burundi mu birori by’isabukuru y’ubwigenge

Yanditswe Jul, 01 2021 14:28 PM | 35,996 Views



Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w'Intebe Dr. Edouard Ngirente yageze i Bujumbura mu Burundi, aho yahagarariye Perezida Paul Kagame mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 59 Igihugu cy'u Burundi kimaze kibonye ubwigenge.

Akigera muri iki gihugu, Dr Ngirente yakiriwe na Visi Perezida w'u Burundi, Prosper Bazombanza.

Tariki 1 Nyakanga buri mwaka, Abarundi bitabira ibirori byo kwizihiza umunsi mukuru w’ubwigenge, uyu munsi ukaba wabereye  ku Gicumbi cy’Intwari Louis Rwagasore  bafata nk’intwari yaharaniye Ubwigenge bwabo, bakuye ku Bubiligi.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage