Yanditswe Mar, 22 2024 10:34 AM | 100,819 Views
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yifatanyije n’ibihumbi by’abiganjemo urubyiruko mu gitaramo cy’urwenya cyizihirijwemo imyaka ibiri ishize haba Gen Z Comedy Show.
Ni igitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa Kane, cyitabirwa n’abarenga ibihumbi bitatu, bari buzuye mu ihema rinini ryo muri Camp Kigali.
Abitabiriye basekejwe n’abarimo abanyarwenya bubakiye izina muri Gen Z, nka Muhinde, Isacal, Umushumba, Clement Inkirigito, Mavide na Pazzo n’abandi.
Uretse abo ariko, hari hatumiwe abanyarwenya bamaze kugera kuri byinshi muri uyu mwuga barimo Patrick Salvador Idringi na Dr. Hilary Okello bo muri Uganda, Nkusi Arthur, Rusine, Killaman na Dr Nsabii n’abandi.
Gen Z Comedy Show, ni umushinga watangijwe n’Umunyarwenya Ndaruhutse Merci wamamaye nka Fally Merci. Yari agamije gushyira mu bikorwa umushinga n’amasomo yakuye mu irushanwa rya Art Rwanda- Ubuhanzi.
Abitabiriye igitaramo basetse karahava (Ifoto/ Gen-Z)
Safa Claudia Uwingeneye
Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023
Apr 26, 2024
Soma inkuru
Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside
Apr 26, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwifatanyije n'isi mu munsi mpuzamahanga wo kurwanya Malariya
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru