AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Leta irashishikariza abahinzi guhunika nibura 30% by'umusaruro beza

Yanditswe Oct, 10 2020 20:41 PM | 84,940 Views



Minisiteri y'ubuhinzi n'ubworozi ishishikariza abahinzi guhunika nibura 30% by'umusaruro beza mu rwego rwo guhangana n'ibihe biza bidateguje . Ni mu gihe ariko hari abaturage bagaragaza amapfa nk'imwe mu nkomyi ituma badahunika uko bikwiriye 

Guhunika imyaka bikorwa ku rwego rw'akagari, urw'umurenge ndetse n'urw'akarere binyuze mu makoperative. 

Politike yo guhunika imyaka ahatari mu rugo rwa nyirayo, yatangiye mu mwaka wa 2010 iyi gahunda ikaba yaraje yunganira iy'imbaturabukungu mu buhinzi intego akaba ari ukugirango uRwanda rube ikigega ndetse n'isoko ku bahinzi wasangaga bahinga bakabura aho bagurisha umusaruro wabo. 

Kugeza ubu u Rwanda ruhunitse umuceri, ibishyimbo, kawunga n'umuceri toni ibihumbi 290 hirya no hino mu turere ibi bikaba  bishobora kugoboka abahuye n'ibibazo byo kubura ibiribwa 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage