AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Kayonza: Muri Mukarange hatangiye gushakishwa imibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi

Yanditswe Mar, 23 2024 19:33 PM | 126,464 Views



Ahitwa Midiho mu Murenge wa Mukarange w’Akarere ka Kayonza, kuva kuri uyu wa Gatanu hatangijwe igikorwa cyo gushakisha imibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Iyi mibiri irashakishwa hifashishijwe imashini icukura ahantu hatandukanye hagendewe ku makuru yatanzwe na bamwe mu bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi.
Kugeza ku mugoroba w’uyu wa Gatandatu, imibiri yari itaraboneka ngo izashyingurwe mu cyubahiro n’ubwo bamwe bagifite icyizere ko izaboneka kubera amakuru yatanzwe.

Aho Midiho harakekwa abahiciwe bari hagati ya 200 na 500.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage