AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

KWIBUKA25: Abayobozi n'abanditsi bahuriye mu kiganiro Café Littéraire

Yanditswe Apr, 05 2019 07:40 AM | 7,219 Views



Madame wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yitabiriye ikiganiro gihuza abanditsi ku mateka ya Jenoside, ikiganiro kizwi nka Café Littéraire; kuri uyu wa Kane tariki 4 Mata 2019.

Iki kiganiro cyabereye ahahoze hitwa Camp Kigali; cyahuje abanditsi kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, cyikibanda ku kamaro ko kwibuka amateka nk'aya.

Muri iki kiganiro cyiyoborwa mu rurimi rw'Igifaransa, abanditsi kuri Jenoside baraganiriza abacyitabiriye babarirwa mu magana impamvu kwibuka ari ngombwa. Abo banditsi barimo Virginie Brinker wo mu Bufaransa, Koulsy Lamko wo muri Tchad na JMV Rurangwa w'Umunyarwa.

Ibiganiro bihuza abanditsi, Café Littéraire, ni kimwe mu bikorwa ngarukamwaka biranga igihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage