AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Inzego z'umutekano z'u Rwanda na DRC ziyemeje guhashya imitwe yitwaje intwaro

Yanditswe Feb, 15 2021 08:10 AM | 56,271 Views



Inzego za gisirikare n'umutekano mu bihugu by'u Rwanda na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ziratangaza ko ziyemeje gutahiriza umugozi umwe mu rugamba rwo guhashya no kurandura imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano w'ibihugu byombi. 

Ibi bikaba bikubiye mu itangazo impande zombi zimaze gushyira ahagaragara nyuma y'ibiganiro by'iminsi 2 byari bihurije I Kigali abayobozi b'izo nzego z'ibihugu byombi.

Muri iri tangazo, bisobanurwa ko impande zombi ziyemeje gufatanya kurwanya imitwe ihungabanya umutekano muri aka karere by'umwihariko mu bihugu byombi, ni ukuvuga u Rwanda na DRC, nkuko abakuru b'ibihugu byombi babisabye.

Divin UWAYO



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage