AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Impamvu nyamukuru ikomeje gutuma u Rwanda rwihuta mu iterambere

Yanditswe Mar, 20 2024 20:37 PM | 122,634 Views



Abasesengura iterambere Igihugu kimaze kugeraho muri iyi myaka 30 ishize, bemeza ko gukorera ku ntego no kwesa imihigo ikubiye mu byerekezo u Rwanda rwiha, aribyo byabaye nkingi mwikorezi yatumye igihugu gitera imbere nyuma y'icuraburindi rya Jenoside yakorewe Abatutsi.

Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi buri kintu cyose cyarihutirwaga, mu ruhando rw’amahanga, u Rwanda rwareberwaga mu isura y’ubwicanyi.

Ku batari bake ahazaza h’iki gihugu ryari ihurizo.

Mu rwego rwo kuruhasho guteza imbere igihugu muri rusange, u Rwanda rwahisemo gukorera mu nkingi eshatu zikubiyemo ibikorwa biremereye byo guhindura imibereho myiza y'abaturage. 

Ibikorwa binini bikubiye mu nkingi y'ubukungu ndetse n'imibereho myiza y'abaturage.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage