AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Ibyo wamenya ku mushinga w'itegeko ry'ubutaka

Yanditswe Oct, 13 2020 20:45 PM | 93,753 Views



Ku wa Mbere, tariki ya 12 Ukwakira 2020, Inama y'Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul KAGAME.

Imwe mu myanzuro yafashwe, Inama y'Abaminisitiri yemeje Umushinga w'itegeko rigenga ubutaka mu Rwanda. 

Minisitiri w’ibidukikije Dr jeanne d’arc MUJAWAMARIYA na Minisiritir w’Ubutegetsi bw’Igihugu prof Shyaka Anastase basobanuye byimbitse kuri uyu Umushinga w'itegeko uzatuma Ubukode bugiye kuba imyaka 99. 







Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage