AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Ibigo by'imari iciriritse, Microfinance, byahombye amafaranga asaga Miliyari 3

Yanditswe Sep, 14 2017 13:53 PM | 5,295 Views



Raporo ya Banki nkuru y’ u Rwanda BNR igaragaza uko urwego rw’imari ruhagaze mu mezi 6 ya mbere y’uyu mwaka wa 2017, iragaragaza ko ibigo by’imari byo kubitsa no kuguriza, microfinance, muri rusange byaguye mu gihombo cya miliyoni 118, gusa hari igice kimwe cyahombye asaga miliyari eshatu z’amafaranga y’u Rwanda.

Imitungo y’ibigo by'imari iri kuri miliyari 247.7 avuye kuri miliyari 230.3, yazamutseho 7.6%.

BNR ikagaragaza ko iri zamuka riri ku muvuduko muto ugereranyije n’umwaka wabanje, aho ryari riri kuri 22.8%.

BNR ivuga ko habayeho no kugenda gake mu gutanga inguzanyo muri rusange mu bigo by’ imari bitewe  ahanini na gahunda yo kwitonda mu gutanga inguzanyo ibi bigo byihaye, kubera ibibazo by’inguzanyo zitishyurwa neza zirimo kwiyongera.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage