AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

IMIRIMO YO KUVUGURURA UMUPAKA WA GATUNA IRI HAFI KURANGIRA

Yanditswe Apr, 19 2019 11:41 AM | 6,325 Views



Ministre w’Ububanyi n’amahanga n’umubutwererane Dr. Richard Sezibera yavuze ko uyu munsi yasuye ibikorwa byo kuvugurura umupaka wa gatuna ugabanya u Rwanda na Uganda agasanga imirimo iri hafi kurangira uyu mupaka ukongera gufungurwa; yavuze ko yizeye ko n’uruhande rwa Uganda ruzarangira vuba maze urujya n’uruza rukongera gukorwa nk’uko byemeranijwe n’impande zose mu nama yahuje ibihugu bikoresha umuhora wa ruguru mu bucuruzi.

Ku itariki ya 28 y’ukwa kabiri muri uyu mwaka ni bwo Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro mu Rwanda (RRA), cyabaye gihagaritse amakamyo yacaga ku mupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda, kubera imirimo yo kubaka umupaka uhuriweho n’ibihugu byombi, One Stop Border Post.

Kuri uyu wa Gatanu nibwo Ministre w’Ububanyi n’amahanga yagiye kureba aho iyi mirimo igeze.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage