AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

BRD igiye gufashwa kuva mu gihombo cya miliyari 5 z’amafaranga yari ifite

Yanditswe May, 21 2019 10:17 AM | 7,075 Views



Minisiteri y’imari n’igenamigambi yatangaje ko gahunda yo kuvugurura Banki Itsura Amajyambere y’u Rwanda (BRD), mu myaka itatu iri imbere, hazashyirwamo miliyari 23 zigamije kuvugura iyi banki kugira ngo hongerwe ubushobozi bwayo kugira ngo ikomeze gufasha muri gahunda za leta zigamije iterambere.

Mu ngengo y’imari 2019-2020 izatangira muri Nyakanga uyu mwaka, leta izashyiramo miliyari 10.

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana, yavuze ko leta yahisemo kuvugurura BRD kugira ngo ikomeze kugira uruhare mu iterambere ry’urwego rw’abikorera bityo rurusheho kuba umusemburo w’iterambere.

Iki cyemezo cya leta cyo gufasha BRD kiri mu rwego rwo kuyiha imbaraga ngo ikomeze gufasha inzego zitandukanye zirimo iz’ubuhinzi, inganda, ubwubatsi, ibyoherezwa mu mahanga n’ibindi.

Aya mafaranga azashyirwa muri BRD ngo azayifasha kandi kuva mu gihombo cya miliyari 5 z’amafaranga yari ifite. Mu mpera za 2017 iyi banki yari imaze guhomba miliyari 11.1



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage