AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Abanyamategeko 188 barangije amasomo y'Ubuhuza basabwe kugabanya umubare w'Imanza mu Nkiko

Yanditswe Mar, 27 2024 19:45 PM | 147,553 Views



Abiganjemo abanyamategeko bagera ku 188 barangije amasomo y'Ubuhuza baremeza ko ubumenyi bamaze amezi atatu bahabwa, agiye kubafasha kunoza gahunda y'ubuhuza kinyamwuga kugira ngo bifashe Leta kugabanya umubare w'Imanza mu nkiko.

Ni umwe mu banyamategeko bafite inararibonye mu mirimo ifite aho ihuriye n'ubutabera.

Gahunda y'ubuhuza igamije gukemura ibibazo mu bwumvikane, binyuze mu biganiro hatisunzwe inkiko nk'ibisanzwe. 

Metre Moise Nkundabarashi uhagarariye urugaga rw'Abavoka, ashimangira ko Ubuhuza bwitezweho impinduka mu gushimangira ubutabera ku bibazo byugarije umuryango Nyarwanda.

Perezida w'Urukiko rw'Ikirenga, Dr Faustin Ntezilyayo yabasabye gukora icyo Leta ibitezeho.

Urukiko rw’Ikirenga ruvuga ko abantu 6% bari bafitanye imanza mu mwaka wa 2019-2020, bumvikanishijwe binyuze muri gahunda y'ubuhuza.

Umubare w’abakemuriwe ibibazo binyuze mu buhuza wazamutsho 3% kuko mu mwaka wa 2018/2019, mu manza ibihumbi 14,914 byari byanyujijwe mu nama ntegurarubanza, abantu 3 kuri buri bantu 100 ni bo bumvikanishijwe bitaragera mu nkiko.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage