AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Abadepite ntibanyuzwe n’ibisobanuro byatanzwe n’Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC

Yanditswe Feb, 14 2023 19:23 PM | 43,423 Views



Kuri uyu wa Kabiri, Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite ntiyanyuzwe n’ibisobanuro mu magambo byatanzwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe amashuri y'imyuga n'ubumenyingiro, Irere Claudette ku bibazo byagaragaye mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro.

Inteko yemeje ko agomba gutanga ibisobanuro mu nyandiko nk'uko biteganywa n'itegeko.

Bimwe mu bibazo abadepite bari bagaragaje, birimo ko hari Imirenge imwe itagira ishuri na rimwe ryigisha amashuri y’ubumenyingiro, umubare muto w’abanyeshuri biga amashuri y’imyuga y’ubumenyi ngiro.

Hari kandi ibikoresho bidahagije muri aya mashuri, amwe mu mashuri atarahabwa amashanyarazi ukoreshwa n’imashini nini n’ibindi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage