AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

ABUNZI MURI NGOMA BAHAWE AMAGARE BEMEREWE NA PEREZIDA

Yanditswe May, 03 2019 10:17 AM | 6,222 Views



Abunzi b’utugari mu karere ka Ngoma, 384 kuri uyu wa kane bashyikirijwe amagare bahawe na perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, baravuga ko aya magare agiye kuborohereza mu nshingano zabo zo kunga abanyarwanda.

Kuri uyu wa Kane tariki 2 Gicurasi 2019 abunzi bari basigaye badahawe amagare bayashyikiriye.

Ni mu gihe komite z’abunzi ku mirenge bo bayabonye mu 2017 mu cyiciro cya mbere ndetse n’abahagarariye komite z’abunzi ku tugari.

Abunzi bahawe amagare bibukijwe ko batagomba kuyagurisha.


Amagare aje yiyongera kuri telefone abunzi bamaranye imyaka hafi itatu, bamwe bakavuga ko zanashaje, bijejwe ko bagiye guhabwa izindi.

Imibare itangwa na Habiyaremye Hubert, Umuhuzabikorwa w'ibiro bitanga ubujyanama mu by’amategeko, bikanakurikiranira hafi imikorere y’abunzi, igaragaza ko  mu karere ka Ngoma abunzi bose  hamwe ari 546.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage