AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

ABANYARWANDA BAREZE UGANDA KUBAFUNGA MU BURYO BUNYURANYIJE N’AMATEGEKO

Yanditswe Jun, 17 2019 14:58 PM | 9,324 Views




Abanyarwanda batatu batanze ikirego ku rukiko rw’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba, barega igihugu cya Uganda kubera ko cyabafunze mu buryo bunyuranyije n’amategeko. 

Me Mugisha Richard ni we ugiye kubunganira mu mategeko.

Mu bareze igihugu cya Uganda harimo umuryango wa Ezeckiel Muhawenimama na Dusabimana Esperance wanabyariye umwana muri gereza I Kabale, ubwo bafungwaga bagiye gutabara umwe mu bagize umuryango wabo.

Hari kandi uwitwa Hakorimana Juvenant we yafatiwe mu mujyi wa Kampala, avuye mu gihugu cya Ethiopia aho yigishaga isomo ry’ibinyabuzima Cg Biologie. We anavuga ko yafatanywe amadorari ibihumbi 11, n’amayero 5,700 ntiyayasubizwa.

Aba bose bajyanywe mu rukiko bashinjwa kwinjira mu gihugu cya Uganda mu buryo butemewe n’amategeko. 

Iki kirego cyabocyashyikirijwe ishami ry’urukiko rw’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba rikorera I Kigali cyakirwa n’umwanditsi warwo.

INKURU IRAMBUYE NI MUKANYA




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage