AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Uruganda ruteranya ibikoresho by'ikoranabuhanga rwatanze mudasobwa rwakoze

Yanditswe Dec, 05 2017 22:25 PM | 5,219 Views



Minisiteri y’ibidukikije iratangaza ko ibyuma bishaje bishobora kuvamo ibishya kandi bikongera kugira akamaro. Ni mugihe hafunguwe ku mugaragaro uruganda rukora za mudasobwa zishaje zikongera gukora kandi ngo ntakibazo.

Uru ruganda ruteganywa kwagurwa mu kongera ibyo rukura muri ibi bifatwa nk'imyanda, rufite ubushobozi bwo kwakira toni ziri hagati 100-150 z'ubwoko 15 bw'ibikoresho by’ikoranabuhanga ku mwaka. Mu mezi 6 rumaze rukora nibura ngo rwaraburijemo toni 270 z'ibyuka bihumanya ikirere byari guturuka muri ibi byuma.

Kugeza ubu amakusanyirizo y'ibi bikoresho bishaje ari mu turere twa Nyabihu, Huye na Bugesera ariko hakaba hari gahunda yo kongera aya makusanyirizo mu gihugu hose.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage